-
Amakuru
Masisi mu maboko ya M23
Umutwe witwaje intwaro wa M23, mu gitondo cyo kuri uyu wa 4 Mutarama 2025, wafashe santere y’ubucuruzi ya Masisi muri…
Soma» -
Amakuru
Uburundi buzakomeza gufunga imipaka uyihuza n’u Rwanda?
Ndikuriyo yabwiye abanyamakuru ko u Rwanda rwafashije abagerageje gukuraho ubutegetsi bwa Nkurunziza, rubaha icumbi kandi ngo ntibyemewe ko umusirikare utorotse…
Soma» -
Amakuru
Kugemurira abarwayi ibiryo bitetse ku Bitaro bigiye gukurwaho
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko irimo gukora inyigo yo guca burundu kugemura ibiribwa bikuwe hanze y’ibitaro bigashyirwa abarwayi kwa muganga,…
Soma» -
Amakuru
Papa yasabye ibihugu bikize gusonera imyenda ibikennye
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yongeye kwamagana intambara ziri kubera hirya no hino ku Isi, anasaba abayobozi…
Soma» -
Amakuru
Nyamasheke:Arahigwa bukware nyuma yo gutera umugabo we icyuma akamukomeretsa
Mugabekazi Eugènie arashakishwa nyuma yo gutera umugabo we icyuma ku kuboko akamukomeretsa bapfa telefone, nyuma y’uko umugabo yaketse ko ahamagawe…
Soma» -
Amakuru
Gasabo-Jabana:Baracyeza REG yatangiye imirimo yo kubakura mu kizima
Nyuma yuko kivupost ibagejejeho inkuru y’abaturage bo mu mudugudu wa Gikingo mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana bavuga…
Soma» -
Amakuru
Mu Buzima:Uyu mwaka usize u Rwanda rugize ubushobozi bwo gutahura ibyorezo mu masaha 24
Umwaka wa 2024 warangiye u Rwanda rufite ubushobozi bwo gutahura ibyorezo ibyo ari byo byose rwahura nabyo mu masaha atarenze…
Soma» -
Amakuru
Umusaruro w’ibigori wariyongereye:-Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda(NISR)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko mu gihembwe cy’ihinga A mu 2024 umusaruro w’ibigori wiyongereyeho 30% ugereranyije n’uwabonetse mu gihe…
Soma» -
Amakuru
Yatabaje Prezida Kagame,RIB iramunyomoza
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatanze umucyo ku kibazo uwiyita Imanirakomeye (Wabimenya Ute?) ku rubuga rwa X yatabarije Perezida wa Repubulika y’u…
Soma» -
Amakuru
Prezida Kagame yageneye ubutumwa ingabo z’igihugu n’inzego z’umutekano muri izi mpera z’umwaka
Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano kubera uruhare bagize mu gukorera igihugu, cyane cyane mu…
Soma»