Ndayisaba Jean de Dieu
-
Amakuru
Abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru basezeweho
Ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. …
Soma» -
Amakuru
Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron arashinjwa kwivanga mu matora ya Papa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka…
Soma» -
Amakuru
Iyobokamana:Diyosezi ya Cyangugu yungutse urugo rushya rw’Ababikira
Kuwa 1 Gicurasi 2025, ku munsi mukuru wa Yosefu Mutagatifu, urugero rwiza rw’abakozi, Nyiricyubahiro Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu,…
Soma» -
Amakuru
Ubutabera:Hari abagenzacyaha n’abashinjacyaha basoje amasomo muri ILPD
Abashinjacyaha n’abagenzacyaha 56 basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku buhuza, biyemeza kubushyiramo imbaraga hagamijwe kugabanya abagana inkiko n’abafungwa. Ni amahugurwa yasojwe…
Soma» -
Amakuru
Abadepite bo muri Zambia baje kwigira ku Rwanda
Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta bakiriye bagenzi babo bo muri Zambia, bari i Kigali mu ruzinduko rw’akazi…
Soma» -
Amakuru
Prezida Paul kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinne-Bissau
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro…
Soma» -
Amakuru
Nyamasheke:#Kwibuka31:Basanzwe ku biro bya Komini bicwa ku itegeko rya Burugumestiri
Kuri uyu wa 27 Mata, 2025, ubwo umurenge wa Karengera,akarere ka Nyamasheke wibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi,…
Soma» -
Uwise Pasteur Julienne Kabanda Satani ashobora gukurikiranwa na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwinjiye mu kibazo cy’uwise Pastor Julienne Kabanda umukozi wa Satani, aho rwatangiye gusesengura ayo magambo rureba…
Soma» -
Amakuru
Cardinal Kambanda mu basezeye kuri Papa Fransisco
Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana…
Soma» -
Amakuru
Nyiri Moshions Moses Turahirwa afunzwe azira gukoresha ibiyobyabwenge
Moses Turahirwa washinze akaba ari n’Umuyobozi w’inzu y’imideli yitwa Motions, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge. Umuvugizi…
Soma»