Editor
-
Amakuru
Musenyeri Anaclet Mwumvaneza arasaba inzego zibishinzwe gukomeza kwita kuri Mwarimu
Myr Anaclet Mwumvaneza, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Nyundo yasabye ubufatanye bw’inzego zitandukanye mu gukomeza kwita ku mwarimu kugira ngo ireme…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Abakorera mu isoko ry’amatungo rya Nyakabuye basubijwe
Kivupost yasohoye inkuru ivuga ku bacuruza n’abagura inka mu isoko ry’amatungo rya Nyakabuye;riherereye mu mudugudu wa Ruguti mu kagari ka…
Soma» -
Amakuru
Abababikira b’Abapenetante ba Mutagatifu Fransisiko w’Assise bungutse ababikira bashya
Kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Ukuboza 2023, ubwo Kiliziya yizihiza umunsi mukuru wa Bikira Mariya utarasamanywe icyaha, muri…
Soma» -
Amakuru
Uburengerazuba:Polisi yafatanye abantu batandatu magendu y’imyenda n’inkweto bya caguwa
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage yafashe abantu batandatu bari bafite ibilo 320 bya magendu y’imyenda n’imiguru 123 y’inkweto za…
Soma» -
Amakuru
Butare:Sr Hildebrandt Aderheid yasezeweho bwanyuma ;ashyingurwa mu Iseminari nto ya Virgo Fidelis
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04 Ugushyingo, nibwo Sr. Hildebrandt Adelheid wo mu muryango Auxiliaire de…
Soma» -
Amakuru
Butare:Iyo Umusaseridoti atanye;,nawe ubuzima buramusharirira:Myr Rukamba
Mu birori byo gutanga Isakaramentu ry’Ubusaserdoti, muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Fransisko wa Asize i Mbazi, Myr Filipo Rukamba, Umwepiskopi wa…
Soma» -
Amakuru
Rusizi-Nyakabuye:Arasingiza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Nyuma yo kubakirwa inzu
Umuturage wo mu mudugudu wa Site mu kagari ka Kamanu mu murenge wa Nyakabuye ho mu karere ka Rusizi mu…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Ubuse Kagame nzamubwira iki?:Imvamutima z’umuturage nyuma yo kumena Filtre iyungurura amazi.
Mu cyumweru gishize nibwo mu murenge wa Nyakabuye wo mu karere ka Rusizi hatanzwe Filter ziyungurura amazi ku baturage batuye…
Soma» -
Amakuru
Nyamasheke:Hatahuwe icyobo mu nzu y’umuturage
Amakuru aturuka mu mudugudu wa Karunga ho mu kagari ka Kagatamu gaherereye mu murenge wa Bushenge ho mu karere ka…
Soma» -
Amakuru
Butare:Barasaba inzego z’umutekano gukurikirana abibye ibikoresho bitagatifu
Mu ijoro ryo ku wa 28 Ugushyingo, nibwo abajura batarameyekana bibye Tabernacle yo muri Shapeli (Chappelle) y’Ikigo cyita ku basheshe…
Soma»