3 hours ago
Ubutabera:Hari abagenzacyaha n’abashinjacyaha basoje amasomo muri ILPD
Abashinjacyaha n’abagenzacyaha 56 basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku buhuza, biyemeza kubushyiramo imbaraga hagamijwe kugabanya abagana inkiko n’abafungwa. Ni amahugurwa yasojwe…
3 days ago
Abadepite bo muri Zambia baje kwigira ku Rwanda
Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta bakiriye bagenzi babo bo muri Zambia, bari i Kigali mu ruzinduko rw’akazi…
3 days ago
Prezida Paul kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinne-Bissau
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro…
3 days ago
Nyamasheke:#Kwibuka31:Basanzwe ku biro bya Komini bicwa ku itegeko rya Burugumestiri
Kuri uyu wa 27 Mata, 2025, ubwo umurenge wa Karengera,akarere ka Nyamasheke wibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi,…
3 days ago
Uwise Pasteur Julienne Kabanda Satani ashobora gukurikiranwa na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwinjiye mu kibazo cy’uwise Pastor Julienne Kabanda umukozi wa Satani, aho rwatangiye gusesengura ayo magambo rureba…
1 week ago
Cardinal Kambanda mu basezeye kuri Papa Fransisco
Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana…
1 week ago
Nyiri Moshions Moses Turahirwa afunzwe azira gukoresha ibiyobyabwenge
Moses Turahirwa washinze akaba ari n’Umuyobozi w’inzu y’imideli yitwa Motions, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge. Umuvugizi…
1 week ago
Rusizi/Gikundamvura:Byagenze bite kugirango umubiri w’uwazize Jenoside yakorewe Abatutsi umare imyaka itanu mu kabati k’akagari?
Amakuru ava mu murenge wa Gikundamvura avuga ko umubiri w’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi umaze hafi imyaka itanu ubitse mu biro…
1 week ago
Papa Fransisco yatabarutse
Papa Fransisiko yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, nk’uko byatangajwe na Vatikani. Vatikani yagize iti “Mu masaha…
1 week ago
Rusizi/Gitambi:Hibutswe abatutsi bishwe bazize uko bavutse,umuyobozi w’akarere asaba abazi amakuru yaho imibiri yajugunywe kuyatanga
Kuri uyu wa 19 Mata 2025 nibwo abaturage b’umurenge wa Gitambi n’inshuti zabo bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…