Amakuru
-
Microfinance Inkingi Plc yafunze imiryango
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ikigo cy’imari cyitwa Microfinance Inkingi Plc cyiseshe, isaba abakoranaga na cyo kwegera ikigo cyahawe…
Soma» -
Kigali:Amadini yasabwe kugira igenamigambi rinoze
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwatangaje ko amadini n’amatorero agomba kugira igenamigambi rinoze aho guhora asaba abaturage amafaranga kandi, akirinda imico…
Soma» -
Nyaruguru: Babiri bafunze bacyekwaho ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo wa leta
Mu butumwa RIB yanyujije ku rukuta rwa X,uru rwego rwa rwatangaje ko rwafunze Ndungutse Leon, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere…
Soma» -
Ubuyobozi bushya muri MTN Rwanda
Sosiyete y’itumanaho MTN Group yagize Ali Monzer Umuyobozi Mukuru w’ishami ryayo mu Rwanda, MTN Rwanda, uzasimbura Mapula Bodibe. Monzer yari…
Soma» -
Intumwa za AFC/M23 zigiye kujya muri Quatar
Igihugu cya Qatar gikomeje gushyira imbaraga mu gukemura ikibazo cy’intambara ikaba ikomeje kumva impande zombi zihanganye. AFC/M23 yatumiwe na Qatar…
Soma» -
Nyamuragila yarutse
Ikirunga cya Nyamulagira kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyongeye kuruka, icyakora nta ngaruka iri ruka ryagize…
Soma» -
Ibintu ugomba kwitaho mu gihe cy’imvura
Raporo ya Minisiteri y’Ibidukikije igaragaza ko mu myaka icyenda yashize kugeza mu 2023 abantu 1595 bishwe n’ibiza bitandukanye, mu gihe…
Soma» -
Rusizi:Yirukanywe i Gatagara kubera kubura ubushobozi,afite ubumuga bukomeye,umva ubuhamya
Umubyeyi w’umwana witwa Dushime Esther [Wahinduriwe amazina]w’imyaka 15 wiga mu mwaka wa 2 w’amashuri yisumbuye ufite ubumuga bukomeye akaba aturuka…
Soma» -
Kigali:Biyitiriraga abakozi ba RIB bakaka abantu amafaranga
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abagore babiri(ku ifoto babanza ibumoso) bakoranaga n’umugabo ugishakishwa ruvuga ko biyitaga abakozi barwo bakaka…
Soma» -
Rusizi/Muganza :Kuremera abatishoboye,ibyaranze umunsi mpuzamahanga w’umugore
Mu kagari ka Gakoni mu murenge wa Muganza niho hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga w’umugore nku nsanganyamatsiko igira iti:”Umugore ni uw’agaciro” Muri…
Soma»