Amakuru
-
Uburundi bwikomye Tanzaniya ko ariyo ntandaro yibura ry’ibikomoka kuri Petrole
Leta y’u Burundi, irashinja iya Tanzania kuzibira ibikomoka kuri Petelori, ari na byo byatumye habaho ingaruka z’ibura zabyo muri iki…
Soma» -
Kigali:Gahunda y’ubwumvikane kuwakoze nuwakorewe icyaha yitezweho kugabanya imanza nyinshi mu nkiko:Dr Ugirashebuja Ministiri w’Ubutabera
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yagarutse ku kibazo cy’imanza nyinshi zikigaragara mu nkiko, yizeza Abanyarwanda…
Soma» -
Uganda:Imiryango Mpuzamahanga yatanze imbuzi nyuma y’isinywa ry’itegeko rihana ubutinganyi
Imiryango Mpuzamahanga Nterankunga mu buvuzi irimo Global Fund, PEPFAR na UNAIDS yaburiye Uganda ko ikwiriye kwitegura ubwinshi bw’abarwayi ba Virusi…
Soma» -
CENTRAFRIQUE: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro batanze imiti y’ubuntu ku baturage
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique (MINUSCA) mu gace ka Bangassou, kuri uyu wa Mbere tariki ya…
Soma» -
Gicumbi:Nyuma yo gusambanya intama yiyahuye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Gicurasi 2023, mu mudugudu wa Ruzo, Akagari ka Kibali, Murenge wa Byumba, mu…
Soma» -
Abagizweho ingaruka n’ibiza bagiye kubakirwa
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza mu Ntara y’Iburengerazuba n’Amajyaruguru bagiye kubakirwa kuri za site zitandukanye mu…
Soma» -
Uganda:Museveni yasinye ku itegeko rihana abatinganyi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi nyuma y’aho rivugururiwe, ngo ibihano bazajya bahabwa birusheho…
Soma» -
Bamwe mu bakinyi ba TP Mazembe baburiwe irengero mu butariyani
Hashize iminsi itanu abakinnyi batanu ba TP Mazembe y’Abatarengeje imyaka 17 “Katumbi Football Academy, KFA” baburiwe irengero mu Butaliyani. Ababyeyi…
Soma» -
Prezida Kagame yitabiriye irahira rya Prezida mushya wa Nigeria
Perezida Paul Kagame, ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Gicurasi 2023, yageze muri Nigeria aho yitabiriye irahira…
Soma» -
Kigali:Abemerewe kwiga muri Kaminuza bamenyekanye
Ubuyobozi bw’Inama y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), bwashyize ahagaragara abanyeshuri bemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda mu mwaka…
Soma»