Amakuru
-
Prezida Kagame yitabiriye irahira rya Prezida mushya wa Nigeria
Perezida Paul Kagame, ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Gicurasi 2023, yageze muri Nigeria aho yitabiriye irahira…
Soma» -
Kigali:Abemerewe kwiga muri Kaminuza bamenyekanye
Ubuyobozi bw’Inama y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), bwashyize ahagaragara abanyeshuri bemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda mu mwaka…
Soma» -
APR yegukanye ikindi gikombe cya Shampiyona
Uyu mukino wari uw’umunsi wa nyuma wa shampiyona ya 2022-2023, APR FC yagiye kuwukina ibizi ko isabwa gutsinda gusa, ikegukana…
Soma» -
Kigali:Umunyemari Mironko yarekuwe
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangaje ko umunyemari Mironko François wahamijwe icyaha cyo gutuka urukiko gikorewe mu iburanisha yamaze kurekurwa,…
Soma» -
RDC:Umusirikare ukomeye yatawe muri yombi
nkoranyambaga zitandukanye agaragaza ko uyu mugabo uri mu bakomeye muri Minisiteri y’Ingabo yatawe muri yombi ku wa Gatandatu, tariki ya…
Soma» -
Abitabiriye umuganda bakanguriwe gahunda ya Gerayo Amahoro
Nk’uko bimenyerewe ko mu cyumweru cya nyuma cya buri kwezi mu Rwanda, abaturage hirya no hino mu gihugu bitabira umuganda,…
Soma» -
Stade ya Huye yemejwe nka Stade izakinirwaho umukino w’Amavubi
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika “CAF” yemereye u Rwanda kuzakinira kuri Stade Huye U Rwanda rwamaze guhabwa uburenganzira na CAF…
Soma» -
Kigali:Nyakubahwa Madame wa Prezida wa Repubulika Jeanette Kagame arataha ikibuga cya Basket Kimironko
Madamu Jeannette Kagame azafungura ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye ku Kimironko mu Karere ka Gasabo ku wa Gatandatu tariki…
Soma» -
Uburundi bwateye utwatsi icyifuzo cya FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi ryasubije FERWAFA ko Ndikumana Danny adashobora gukinira u Rwanda kuko ababyeyi be ari Abarundi ndetse…
Soma» -
Nyuma yo gufatwa;Kayishema Fulgence yagejejwe mu Rukiko muri Afurika y’Epfo
Fulgence Kayishema ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagaragaye mu rukiko rwo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Gatanu nyuma…
Soma»