Amakuru
-
Abatutsi biciwe i Cyangugu ntabwo biyishe:Dr Bizimana Jean Damascène
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene yasabye abarakotse Jenoside i Mibirizi na Mushaka, kubwira Twagiramungu Faustin Rukokoma…
Soma» -
Rayon Sport itahabwaga amahirwe yatwaye igikombe cy’amahoro
Ni umukino watangiye ukerereweho iminota irenga 20 nyuma yo kutumvikana ku cyicaro cy’abatoza ndetse n’abakinnyi b’ababasimbura. Abakinnyi b’ikipe ya rayon…
Soma» -
Uganda:Ntabwo Muhoozi yahangana na se ngo amushobore:Andrew Mwenda
Andrew Mwenda ufatwa nk’umwe mu nshuti z’akadasohoka za Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko uyu mugabo adashobora guhangana na se, Perezida…
Soma» -
Uganda:Hari abamaze gutabwa muri yombi kubera ubujura mu rugendo nyobokamana rwa Namugongo
Polisi yo mu Mujyi wa Kampala yatangaje ko abantu 70 batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba abagiye mu rugendo nyobokamana i…
Soma» -
Karongi:Yafatanywe amafaranga y’amiganano
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Karongi, yafashe umusore w’imyaka 25 y’amavuko, wari ufite ibihumbi…
Soma» -
Ubuhinde:Abasaga 50 bishwe n’impanuka ya Gariyamoshi
Impanuka ya Gariyamoshi yabereye mu Burasirazuba bw’u Buhinde, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, yahitanye…
Soma» -
Centrafrique:Perezida Touadera yacyeje umusanzu w’ingabo z’u Rwanda mu guhashya iterabwoba
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yahuye n’umutwe udasanzwe w’ingabo z’igihugu cye ndetse n’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura…
Soma» -
Afurika y’Epfo:Kuri uyu wa gatanu Fulgence Kayishema yongeye kugezwa imbere y’urukiko
Fulgence Kayishema uherutse gufatirwa muri Afurika y’Epfo ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akekwaho, kuri uyu wa Gatanu yongeye kugezwa…
Soma» -
Kigali:Bakiranye na Yombi gahunda Gerayo Amahoro
Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda buzwi nka ‘Gerayo Amahoro’ kuva busubukuwe na Polisi y’u Rwanda, hagamijwe kwibutsa abakoresha umuhanda uruhare…
Soma» -
Nyamasheke:Bafashwe bacukura amabuye mu buryo butemewe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Nyamasheke, yafashe abagabo bane bakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu…
Soma»