Amakuru
-
Uganda:Urungabangabo ku bizamini bya Covid-19 bya Perezida Museveni
Ku mbuga nkoranyambaga niho hatambukijwe ubutumwa ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni ashobora kuba arwaye. Inkuru dukesha Daily Monitor…
Soma» -
Ubwongereza:Imitezi na Mburugu biravuza ubuhuha
kiri uyu wa Gatandatu Kamena 2023 iki kigo cyagaragaje ko muri uyu mwaka wa 2023 abasanzwemo imitezi bageze ku…
Soma» -
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda ari mu ruzinduko rw’akazi mu Butariyani
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye, ari mu Butaliyani mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 3 ku butumire bwa…
Soma» -
Umwanzuro w’Urukiko uvuga ko Kabuga nta mbaraga zo kuburana afite
Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwemeje ko Kabuga Felicien uregwa ibyaha bya Jenoside atagifite ubushobozi bwo…
Soma» -
Tanzania:Impanuka ya Coaster yishe batanu
Muri Tanzania ahitwa Mikumi, abantu batanu bapfuye abandi 15 barakomereka, mu mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavaga ahitwa…
Soma» -
Kigali:Yifashishije ingingo zitandukanye Sadate Munyakazi yasabye ko amatora muri FERWAFA yateguranwa ubushishozi
Tariki ya 24 Kamena 2023 nibwo hazaba amatora y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) hazatorwa Komite Nyobozi isimbura iya Nizeyimana…
Soma» -
Babiri mu basirikare bakuru birukanywe ;abandi baseserezwa amasezerano
Perezida Paul Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yirukanye mu gisirikare abofisiye 16 mu ngabo barimo Maj Gen…
Soma» -
Papa Fransisco yasubiye mu bitaro
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yagiye mu bitaro by’ahitwa Gemelli kugira ngo abaganga bamusuzume barebe uko ubuzima…
Soma» -
Umukinyi wifuzwaga n’u Rwanda n’Uburundi yahamagaye mu ikipe y’ububiligi
Mike Trésor Ndayishimiye wifuzwaga n’u Rwanda n’u Burundi yahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’u Bubiligi yitegura imikino y’amajonjora yo gushaka itike…
Soma» -
Kigali:Bamwe Candidature zabo zegejweyo abandi bashyirwa igorora
Ni nyuma yaho kuri uyu mugoroba wo Ku wa kabiri Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) risohoye urutonde rw’abakandida bemerewe…
Soma»