Amakuru
-
Ubuyobozi bwa Seminari Nto ya Karubanda burishimira urwego irushanwa Memorial Rutsindura rimaze kugeraho
Irushanwa rya Memorial Rutsindura ni irushanwa ritegurwa na Seminari Nto ya Karubanda ku bufatanye na ASEVF rikitabirwa n’ibyiciro bitandukanye birimo,…
Soma» -
SUDANI Y’EPFO: CP Rutagerura yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bw’Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ushinzwe ibikorwa, Commissioner of Police (CP) Felly…
Soma» -
Police VC yegukanye igikombe cy’Irushanwa ryo kwibuka Rutsindura
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda y’umukino w’intoki wa Volleyball (Police VC), kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Kamena, yegukanye igikombe…
Soma» -
Kabgayi:Myr Smaragde yasabye abarezi gukora uko bashoboye uburezi ntibube akamenyero
Mu gikorwa cyo gusoza umwaka wahariwe kwita ku burere bw’abana mu mashuri ku rwego rwa Diyosezi ya Kabgayi, cyabereye muri…
Soma» -
Tanzaniya:Amarushanwa yo kunywa inzoga yabaye indyankurye
Abantu batanu bari bashiriweho Amarushanwa yo kunywa inzoga zikaze zo mu bwoko bwa ‘Smart Gin’, umwe muribo ahasiga ubuzima abandi…
Soma» -
RUBAVU: Batatu bafashwe bahishe udupfunyika tw’urumogi 6000 mu mufuka w’ibirayi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rubavu, yafashe abantu batatu bari batwaye kuri moto udupfunyika tw’urumogi ibihumbi…
Soma» -
Ruhango:wa mugabo wishe umugore we yakaniwe urumukwiye
Mu isomwa ry’urubanza ku gicamunsi cyo ku wa 09 Kamena 2023, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwamuhamije icyo cyaha rushingiye ku…
Soma» -
Kigali:Gisimba yasezeweho bwa Nyuma
Mutezintare Gisimba Damas wabaye se w’imfubyi zisaga 600 yagiye arerera mu bihe bitandukanye mu kigo kitwa “Centre Memorial Gisimba” ari…
Soma» -
Kigali:Abadepite bagiye gusura imirenge y’umujyi wa Kigali
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangaje ko ingendo Abadepite batangiye mu mpera z’Ukwezi gushize kwa Gicurasi, zikomereza mu Mujyi wa…
Soma» -
Abo mu nzego z’umutekano basoje amahugurwa yo gucunga ububiko bw’intwaro
Mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi y’u Rwanda (PTS) riherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu tariki…
Soma»