Amakuru
-
Kigali:Abadepite bagiye gusura imirenge y’umujyi wa Kigali
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangaje ko ingendo Abadepite batangiye mu mpera z’Ukwezi gushize kwa Gicurasi, zikomereza mu Mujyi wa…
Soma» -
Abo mu nzego z’umutekano basoje amahugurwa yo gucunga ububiko bw’intwaro
Mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi y’u Rwanda (PTS) riherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu tariki…
Soma» -
Nyakinama: Hagiye gutangwa Impamyabumenye ku bofisiye bakuru 48 baharangije
Mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri i Nyakinama mu Karere ka Musanze, hagiye gutangwa impamyabumenyi ku barangije mu cyiciro cya…
Soma» -
Rusizi:Amazu yabo yasenyutse;intandaro yo kudasoza amabanga y’abashyingiranywe
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka mu mirenge imwe n’imwe y’akarere ka Rusizi barasaba gusanurirwa Inzu babamo kuko zigiye kubarwaho…
Soma» -
Diyosezi ya Cyangugu yishimiye ko umubyeyi wayo Nyundo ibiza bitamuhejeje hasi
Kuri uyu wa 8 Kamena 2023, abapadiri ba Diyosezi ya Cyangugu baherekejwe n’umwepiskopi wabo basuye Diyosezi ya Nyundo iherutse kwibasirwa…
Soma» -
NYARUGENGE: Hatangijwe ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge
Minisiteri y’ubuzima ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego, kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Kamena, yatangije ubukangurambaga…
Soma» -
Gerayo Amahoro yakomereje mu bakozi ba Volkswagen Rwanda
Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda buzwi ku izina rya ‘Gerayo Amahoro’ kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Kamena, Polisi…
Soma» -
Umweyo muri Croix Rouge kubera amikoro make
Kimwe n’indi miryango itandukanye, ICRC yahuye n’izamuka ry’ibiciro bitewe no gutakaza agaciro k’ifaranga, ndetse no kugabanuka kw’inkunga yahabwaga, kuko inkunga…
Soma» -
RDC:Virus ya monkeypox yubuye
Kuva umwaka wa 2023 watangira, nibura kugera ku wa 28 Gicurasi, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamaze kuboneka abantu…
Soma» -
Kigali:Yafatanywe ibiro 70 by’urumogi
Mu karere ka Nyarugenge , mu kagali ka Nyabugogo, umudugudu wa Gakoni , uyu wa 08/06/2023, ku isaha ya saa…
Soma»