Amakuru
-
Rubavu :Barishyuza ingurane z’imitungo yabo
imiryango 12 yo mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, ivuga ko yijejwe ingurane, yemera ko inzu z’ubucuruzi yari…
Soma» -
Kigali:Icyo wamenya kibanze ku bujurire bwa Turahirwa Moses wa Moshions
Ubwo yitabaga Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kugira ngo aburane ubujurire, Turahirwa yasabye ko rwakuraho icyemezo yafatiwe n’urw’ibanze kubera impamvu ikurikira.…
Soma» -
Dore Code wakifashisha ugahabwa Service byihuse ku butaka bw’u Rwanda
Nkuko isi ikataje mu iterambere ;ubu serivise zisigaye zitangwa mu buryo bw’ikoranubahanga aho usanga gahunda y’ikoranabuhanga yihutisha byinshi mu iterambere…
Soma» -
Niger:Umutekano muke watumye amashuri afungwa
Ni umubare watangajwe na Minisitiri w’Uburezi wa Niger, Pr Ibrahim Natatou. mu mpera z’Ukwezi kwa Gatanu ubwo yari yasuye ako…
Soma» -
China:Yirukanywe mu kazi azira gutinda muri Toilet
Itangazamakuru ryo mu Bushinwa rivuga ko iyo nkuru itangaje, yabaye ku mugabo witwa Wang, wagiye kurega umukoresha we kuko yamwirukanye…
Soma» -
Léandre Onana yageze muri SIMBA yo muri Tanzaniya
Umunya-Cameroun, Leandre Willy Essomba Onana wari umaze imyaka ibiri akinira Rayon Sports yasinyiye Simba SC yo muri Tanzania amasezerano y’imyaka…
Soma» -
RDC:Barindwi baguye mu gitero cy’inyeshyamba
Umutwe witwaje intwaro wa CODECO wagabye igitero ku birindiro by’Ingabo za Leta, FARDC mu Ntara ya Ituri mu Burasirazuba bwa…
Soma» -
Kigali:Turahirwa Moses agarutse imbere y’urukiko aburana ubujurire
Umuhangamideri Turahirwa Moïse (Moses) washinze inzu y’Imideri ya Moshions yambika abakomeye, agiye kuburana ubujurire ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo iminsi…
Soma» -
Ubuyobozi bwa Seminari Nto ya Karubanda burishimira urwego irushanwa Memorial Rutsindura rimaze kugeraho
Irushanwa rya Memorial Rutsindura ni irushanwa ritegurwa na Seminari Nto ya Karubanda ku bufatanye na ASEVF rikitabirwa n’ibyiciro bitandukanye birimo,…
Soma» -
SUDANI Y’EPFO: CP Rutagerura yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bw’Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ushinzwe ibikorwa, Commissioner of Police (CP) Felly…
Soma»