Amakuru
-
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyaburiye abanyamakuru ku nkuru bakora muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyaburiye abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga gushungura ibyo batangaza mu gihe Igihugu kigiye kwinjiramo cyo Kwibukwa…
Soma» -
Prezida w’Urukiko Rukuru Urugereko rwa Rusizi mu bacamanza barahiye
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Mata 2025, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Domitilla Mukantaganzwa,…
Soma» -
Rusizi:Ikoranabuhanga ryakemuye ikibazo cya serivise muri Ntusigare Sacco
Abanyamuryango ba Ntusigare Sacco ikorera mu murenge wa Nyakabuye ho mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba baravuga ko kuba…
Soma» -
Menya amateka ya Rtd Gen Frank Rusagara witabye Imana
Tariki ya 26 Werurwe 2025, nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Rtd. Brig Gen Frank Rusagara, waguye muri gereza ku myaka…
Soma» -
Rtd.Brig Gen Frank Rusagara yitabye Imana
Rtd. Brig Gen Frank Rusagara wigeze kuba mu buyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwa Cancer yari…
Soma» -
RIB yafunze batatu bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi
Mu itangazo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwasize ku rukuta rwa X ,rivuga ko RIB yafunze Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari…
Soma» -
Microfinance Inkingi Plc yafunze imiryango
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ikigo cy’imari cyitwa Microfinance Inkingi Plc cyiseshe, isaba abakoranaga na cyo kwegera ikigo cyahawe…
Soma» -
Kigali:Amadini yasabwe kugira igenamigambi rinoze
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwatangaje ko amadini n’amatorero agomba kugira igenamigambi rinoze aho guhora asaba abaturage amafaranga kandi, akirinda imico…
Soma» -
Nyaruguru: Babiri bafunze bacyekwaho ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo wa leta
Mu butumwa RIB yanyujije ku rukuta rwa X,uru rwego rwa rwatangaje ko rwafunze Ndungutse Leon, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere…
Soma» -
Ubuyobozi bushya muri MTN Rwanda
Sosiyete y’itumanaho MTN Group yagize Ali Monzer Umuyobozi Mukuru w’ishami ryayo mu Rwanda, MTN Rwanda, uzasimbura Mapula Bodibe. Monzer yari…
Soma»