Amakuru
-
Uburengerazuba:Barasaba RIB kubegera birushijeho mu rwego rwo gusobanukirwa amategeko(REBA AMAFOTO)
Ibi abaturage barabivuga nyuma y’ingendo zitandukanye Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwakoze mu ntara y’Uburengerazuba mu turere twa Rusizi na Nyamasheke aho…
Soma» -
Bweyeye:Hari imiryango yasezeranye ku bufatanye na EAR yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko
Ku wa gatandatu tariki ya 24 Kamena 2023 ku isaha ya 13h00 kugeza i saa 17h00 bwa mbere mu mateka…
Soma» -
Rusizi-Nyakabuye:Harigushakishwa imibiri 2 y’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu w’1994
Guhera Ku wa 2 tarik ya 20 Kamena 2023 nibwo mu muurenge wa Nyakabuye hatangiye igikorwa cyo kwimura imibiri 3…
Soma» -
Rwamagana-Gishari:Abapolisi 44 basoje amahugurwa yo kubungabunga amahoro
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena, Abapolisi 44 basoje amahugurwa abategura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga…
Soma» -
Musanze:Abapolisi basoje amahugurwa ajyanye no gukora iperereza
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena, Abapolisi basoje icyiciro cya mbere cy’amahugurwa ku iperereza ry’ibanze yaberaga mu ishuri…
Soma» -
Kigali:FERWAFA yabonye umuyobozi
Munyantwali Alphonse, wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yizeza abanyamuryango ko azagendera ku bitekerezo byabo…
Soma» -
Mitima Isaac mu nzira zo kongera amasezerano muri Rayon Sport
Myugariro Mitima Isaac wari usoje amasezerano muri Rayon Sports ari mu nzira zo kuyongera agasinya indi myaka ibiri. Amakuru Kigali…
Soma» -
Nyamasheke:Bameze nk’abari mu nkambi bari baratujwe mu mudugudu w’ikitegererezo.
Muri 2012 hari abaturage barimo abari bakuwe mu manegeka,abatishoboye ndetse n’abari bahungutse bavuye muri DRC batujwe mu mudugudu wikitegererezo…
Soma» -
Gasabo:Polisi yafashe magendu ya Likeri
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu (ASOC), ku wa Kabiri tariki 20 Kamena, mu Karere ka Gasabo,…
Soma» -
Kigali:Minicom yashyize hanze ibiciro by’umuceri
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ibiciro bishya by’umuceri wera mu Rwanda kuva mu murima amafaranga umuhinzi agomba guhabwa kugeza ku mucuruzi…
Soma»