Amakuru
-
Mexico :Meya yasezeranye kubana n’ingona akaramata
Umuyobozi w’Akarere muri Mexico yasezeranye kubana n’ingona ikamubera umugore, na we akayikundwakaza bizira uburyarya, ndetse yatangiye kuyita igikomangoma cye, aho…
Soma» -
ADEPR mu rugamba rwo kuzahura uburezi mu bigo byayo
Itorero ADEPR mu Rwanda ririfuza kugarura isura uburezi butangirwa mu bigo byayo bwari bufite mu myaka yo hambere ku buryo…
Soma» -
Ukwibohora ku nshuro ya 29 gusanze Rusizi iteye ite?
Akarere ka Rusizi ni kamwe mu Turere 7 tugize intara y’Uburengerazuba ntawabura kuvuga uko kabanje kuba indiri y’uruhuri rw’ibibazo ariko…
Soma» -
Karongi:Yapfuye urwa marabira yagiye kwivuza mu bapfumu
Umugabo witwa Bugingo Olivier yazanye Ndayishimiye James w’imyaka 44 warumaze kwitaba imana Ku bitaro bya Mugonero Kugirango akorerwe isuzuma. …
Soma» -
Rusizi: abayisilamu bahaye ibyo kurya abatishoboye bifite agaciro ka miliyoni 20.
Buri mwaka mu idini ya Isilamu bizihiza umunsi mukuru w’igitambo cya( Eidil adh’ha)bakora ibikorwa by’urukundo birimo gufasha abatishoboye basangira n’abatishoboye…
Soma» -
Ibyavuye mu bushakashatsi ku ndwara zitandura mu Rwanda
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) gitangaza uko indwara zitandura zagabanutse muri Rusange gusa kigatanga Inama ku ngingo simwe…
Soma» -
Kigali:Gahunda y’ububiko bwa Gaz izacyemura izamuka ryayo n’igabanuka ry’ibicanwa
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente aratangaza ko u Rwanda rufite umushinga wo kubaka ububiko bugari bwa gaz ndetse n’uruganda rwayo…
Soma» -
Kigali:Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yashyize umucyo kuri Conge
Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yashyize umucyo ku biruhuko biteganyijwe kuri uyu wa mbere tariki ya 3 na…
Soma» -
Kaminuza Global Heath Equity(UGHE) ihagaze ite muri za Kaminuza zo munsi y’ubutayu bwa Sahara
Urutonde rwose rwasohowe n’uru rubuga, hariho Kaminuza 88 zo mu Bihugu 20 byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara,…
Soma» -
Nyamasheke:Barasaba REG ingurane zabo Nyuma yuko bigaragaye ko bishyuwe batarishyuwe
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Mwezi mu murenge wa Karengera ho mu karere ka Nyamasheke bangijwe ibyabo mu…
Soma»