Amakuru
-
Kigali:Umurambo w’Umusirikare w’u Rwanda uherutse kurasirwa muri CAR wagejejjwe mu Rwanda
Kuri iki Cyumweru, umurambo wa Sgt Tabaro Eustache, umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) uheruka kurasirwa mu gico cy’umutwe…
Soma» -
Ngororero:Batandatu bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Mu rukerera rw’uyu munsi ku wa 16 Nyakanga 2023 ;mu mudugudu wa Kagunga mu kagari ka Rusororo mu murenge wa…
Soma» -
RDC:Kubera umuhanda mubi Ministre yahetswe mu mugongo
Ku mbuga nkoranyambaga hakwijwe ifoto y’umuministre wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ahetswe mu mugongo kubera kubura uburyo bwo…
Soma» -
Kigali:RIB yafunze batandatu bacyekwaho kwiba amaterefone
RIB yafashe agatsiko k’abajura 6 bakekwaho ubujura bw’amatelefone n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Telephone 35 bafatanywe muzo bibye zashyikirijwe ba nyirazo Abafashwe…
Soma» -
KARONGI: Mu rugo rw’umuturage hafatiwe magendu y’imyenda ya caguwa ingana n’amabalo 9
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Karongi yafatiye mu rugo rw’umuturage amabalo icyenda y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu…
Soma» -
RIB yafunze gitifu wafashwe anyereza umusanzu w’abaturage.
RIB yafunze gitifu wafashwe anyereza umusanzu w’abaturage Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe witwa Mwenedata Olivier w’imyaka…
Soma» -
Ngororero:Batewe inkeke n’insoresore zicukura amabuye y’agaciro bitemewe n’amategeko
Bamwe mu batuye Umurenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero, batewe inkeke n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko buri gukorwa n’urubyiruko…
Soma» -
Urubyiruko rw’abanyarwanda baba hirya no hino ku Isi basuye Polisi y’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga, urubyiruko rw’abanyarwanda bagera kuri 60 rwibumbiye mu itsinda ryitwa ‘Rwanda Youth Club…
Soma» -
RUBAVU: Polisi yafashe amabalo 6 y’imyenda ya caguwa n’ibindi bicuruzwa bya magendu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rubavu, yafashe abantu batatu bacyekwaho kwinjiza mu gihugu ibicuruzwa…
Soma» -
U Rwanda rugiye gukoresha ikoranabuhanga rya GMO mu buhinzi
Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko mu bihe biri imbere mu Rwanda hashobora gutangira ubuhinzi bwifashishije ikoranabuhanga rizwi nka GMO mu…
Soma»