Amakuru
-
Rusizi: REG ihora ibizeza ibitangaza bahitamo kumanika insinga mu biti bihagaze byabashyira mu kaga.
Ni abaturage bo mu kagari ka Ntura mu murenge wa Giheke,bavugako hashize imyaka myinshi REG ibizeza kubasanurira amapoto y’umumuriro w’amashanyarazi…
Soma» -
Nyuma y’igikorwa kibangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda I Kinigi;RPF yibukije abanyamuryango amahame yayo
Umuryango RPF-Inkotanyi wamaganye ibirori biherutse kubera mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze bitanga urugero rudashimishije mu kwimakaza ubumwe…
Soma» -
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore ari mu ruzinduko mu Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye…
Soma» -
MUSANZE: Hafashwe batatu bacyekwaho kwangiza ibikorwaremezo
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Musanze, yafashe abagabo batatu bacyekwaho kwangiza ibikorwaremezo biba insinga…
Soma» -
Kigali:Umurambo w’Umusirikare w’u Rwanda uherutse kurasirwa muri CAR wagejejjwe mu Rwanda
Kuri iki Cyumweru, umurambo wa Sgt Tabaro Eustache, umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) uheruka kurasirwa mu gico cy’umutwe…
Soma» -
Ngororero:Batandatu bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Mu rukerera rw’uyu munsi ku wa 16 Nyakanga 2023 ;mu mudugudu wa Kagunga mu kagari ka Rusororo mu murenge wa…
Soma» -
RDC:Kubera umuhanda mubi Ministre yahetswe mu mugongo
Ku mbuga nkoranyambaga hakwijwe ifoto y’umuministre wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ahetswe mu mugongo kubera kubura uburyo bwo…
Soma» -
Kigali:RIB yafunze batandatu bacyekwaho kwiba amaterefone
RIB yafashe agatsiko k’abajura 6 bakekwaho ubujura bw’amatelefone n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Telephone 35 bafatanywe muzo bibye zashyikirijwe ba nyirazo Abafashwe…
Soma» -
KARONGI: Mu rugo rw’umuturage hafatiwe magendu y’imyenda ya caguwa ingana n’amabalo 9
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Karongi yafatiye mu rugo rw’umuturage amabalo icyenda y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu…
Soma» -
RIB yafunze gitifu wafashwe anyereza umusanzu w’abaturage.
RIB yafunze gitifu wafashwe anyereza umusanzu w’abaturage Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe witwa Mwenedata Olivier w’imyaka…
Soma»