Amakuru
-
Rurageretse hagati y’umuhesha w’inkiko w’Umwuga Maître Ndayambaje Come n’umuturage umurega kumwambura imitungo mu buriganya
Tariki ya 29 Ukwakira 2020 nibwo umuhesha w’inkiko w’umwuga witwa Maître Ndayambaje Come yaje mu rugo rwa Athanase Mbarushimana yica…
Soma» -
Rusizi:Babajwe no kutagira ibiraro bibahuza n’indi mirenge
Abaturage batuye mu kagari ka Kiziho nabo mu tugari bihana imbibi bababajwe nuko ibiraro byabo byasenyutse bikabangamira imigenderanire n’imihahirane yabo…
Soma» -
KAYONZA: Yafashwe atwaye kuri moto ibilo 15 by’urumogi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu karere ka Kayonza yafashe umugabo w’imyaka 35 y’amavuko, wari utwaye kuri…
Soma» -
Cardinal Fridolin Ambongo yageze i Butembo
Kuri uyu gatanu tariki ya 11 Kanama 2023 Cardinal Fridolin Ambongo yagiriye uruzinduko mu gace k’ubucuruzi ka Butembo. Nkuko tubicyesha…
Soma» -
Umujyi wa Kigali waburiye abatuye ahashyira ubuzima bwabo mu kaga
Umujyi wa Kigali wateguje kandi unaburira abatuye ahashyira ubuzima bwabo mu kaga kwimuka bagatura ahameze neza habarinda kugwa mu kaga…
Soma» -
Amajyaruguru:Barashima impinduka zakozwe mu kubumbatira ubumwe bw’abanyarwanda
Bamwe mu batuye mu Ntara y’Amajyaruguru baravuga ko bakiriye neza impinduka zakozwe mu bayobozi, aho hari abirukanwe bazira kutubahiriza ihame…
Soma» -
Rusizi:Guverineri Habitegeko yasabye WASAC gucyemura bwangu ikibazo cy’amazi
Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Habitegeko François yasabye ikigo WASAC kutongera kwitwaza ikorwa ry’umuhanda ngo abantu bamare iminsi badafite amazi. …
Soma» -
Police VC yegukanye igikombe cy’irushanwa KAVC International
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda y’umukino w’intoki wa Volleyball mu bagabo (Police VC), kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Kanama,…
Soma» -
RUSIZI-BWEYEYE:Umuyobozi w’Akarere yabasuye abizeza byinshi birenze ibyo bamaze kugezwaho n’imiyoborere myiza
Guhera kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Kanama 2023 Komite nyobozi y’Akarere ka Rusizi yatangiye gusura abaturage mu mirenge…
Soma» -
Rusizi-Gitambi :Hari ikimina cyakemuye ibibazo by’ingutu ku baturage
Itsinda “Terimbere Mubyeyi” kibarizwa mu mudugudu wa Mpinga mu kagari ka cyingwa mu murenge wa Gitambi mu karere ka Rusizi…
Soma»