Amakuru
-
Rusizi: Gitifu afunze akurikiranyweho kubika umubiri wuwazize Jenoside mu kagari igihe cy’imyaka itanu
Nyuma y’inkuru kivupost yabagejejeho ,nuko amakuru atugeraho aremeza ko Ntakobanzangira Theogene yatawe muri yombi tariki 05 Gicurasi 2025. Ni nyuma…
Soma» -
Rusizi:13 bamaze gufatirwa mu bikorwa by’ubujura bwangiza ibikoresho by’amashanyarazi
Mu kiganiro yahaye itangzamakuru kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025 ,Umuyobozi wa REG Ishami rya Rusizi Jacques Nzayinambaho Tuyizere yavuze…
Soma» -
Rusizi:Gukoresha abacunga umutekano kinyamwuga,ibizacyemura iyibwa ry’umusaruro w’abahinzi b’umuceri
Prezidante wa Koperative KOJMU ikusanya umusaruro w’umuceri w’abahinzi mu gice cyimwe cy’icyanya cy’umuceri wa Bugarama Madame Mukeshimana Thacienne avuga ko…
Soma» -
Gucuruza urumogi ,icyaha cyagarutsweho n’ubushinjacyaha mu rukiko mu rubanza rwa Turahirwa Moses wa Moshions
Ubushinjacyaha bwavuze ko uretse kuba Turahirwa Moses akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ari no gukorwaho iperereza ku bijyanye no kurucuruza.…
Soma» -
Abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru basezeweho
Ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. …
Soma» -
Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron arashinjwa kwivanga mu matora ya Papa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka…
Soma» -
Iyobokamana:Diyosezi ya Cyangugu yungutse urugo rushya rw’Ababikira
Kuwa 1 Gicurasi 2025, ku munsi mukuru wa Yosefu Mutagatifu, urugero rwiza rw’abakozi, Nyiricyubahiro Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu,…
Soma» -
Ubutabera:Hari abagenzacyaha n’abashinjacyaha basoje amasomo muri ILPD
Abashinjacyaha n’abagenzacyaha 56 basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku buhuza, biyemeza kubushyiramo imbaraga hagamijwe kugabanya abagana inkiko n’abafungwa. Ni amahugurwa yasojwe…
Soma» -
Abadepite bo muri Zambia baje kwigira ku Rwanda
Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta bakiriye bagenzi babo bo muri Zambia, bari i Kigali mu ruzinduko rw’akazi…
Soma» -
Prezida Paul kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinne-Bissau
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro…
Soma»