Amakuru
-
RUBAVU: Yafatanywe udupfunyika turenga 2400 tw’urumogi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Rubavu, yafashe umusore w’imyaka 23 y’amavuko, wari ufite udupfunyika 2490 tw’urumogi,…
Soma» -
Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umuvugizi mushya witwa ACP Boniface Rutikanga.
Mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize hanze rigira riti “ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itangazamakuru n’inozabubanyi, akaba n’Umuvugizi mushya…
Soma» -
RUSIZI-BWEYEYE:Bakanguriwe kubungabunga Parike ya Nyungwe
Abatuye mu mudugudu wa Kinyagiro mu kagari ka Kiyabo mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi bongeye kwibutswa kubungabunga…
Soma» -
RUSIZI: Biyemeje kuba Umusemburo w’Amahoro biciye mu itsinda”JIBU kwa JIRANI”
Mu mudugudu wa Kinamba ;mu kagari ka Pera mu murenge wa Bugarama hari abaturage bishyize hamwe bakora itsinda baryita”JIBU kwa…
Soma» -
Rusizi-Bugarama:Gahunda ya “TUJYANEMO”yakanguye abafatanyabikorwa bayigira iyabo
REBA UKO BYARI BYIFASHE MU BIRORI BYO KWISHIMANA N’ABAFATANYABIKORWA BAJYANYEMO N’UMURENGE WA BUGARAMA (GAHUNDA YA TUJYANEMO) Kuri uyu wa Gatanu…
Soma» -
Rusizi-Nyakabuye:Bavuze imyato Umuryango wa RPF wabacunguye
REBA MU MAFOTO IBYARANZE UMUNSI WO KWISHIMIRA IBYAGEZWEHO MU MURENGE WA NYAKABUYE BABIKESHA UMURYANGO WA RPF INKOTANYI Kuri uyu…
Soma» -
Abapolisi basoje amahugurwa ajyanye no gukoresha imbwa zifashishwa mu gusaka
Abapolisi 16, kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama, basoje amahugurwa y’ibyumweru bibiri yerekeranye no gukoresha imbwa zifashishwa mu gusaka.…
Soma» -
Kigali:Société ya Airtel yamamazwaga n’abamotari igiye gusimburwa n’iya MTN
Ikigo cy’itumanaho MTN cyahaye abamotari bo muri Kigali umwambaro mushya, kibasezeranya kubafasha kubona ubwishingizi bw’ibinyabiziga byabo bakajya bishyura buhoro buhoro.…
Soma» -
Itsinda ry’Intumwa zo muri Bénin zasuye Polisi y’u Rwanda
Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Kanama, umuyobozi Mukuru wa Polisi Wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi (DIGP), Jeanne Chantal Ujeneza, yakiriye…
Soma» -
Kigali:Yafatanywe Uruhushya rwo gutwara ibyinyabiziga ruhimbye n’amafaranga y’amiganano
Yafatiwe mu Mudugudu w’Akisoko, Akagari ka Nyamugari, mu Murenge wa Gatsata, ku wa Gatandatu tariki 19 Kanama 2023, ahagana…
Soma»