Amakuru
-
Rusizi:yasanzwe mu mashyuza yapfuye
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Nzeri 2023 mu masaha ya mu gitondo mu mazi ya Mashyuza habonetse umurambo …
Soma» -
Rusizi:Bahangayikishijwe no gutangira igihembwe cy’ihinga nta Fumbire
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi Bahangayikishijwe no kuba bagiye gutera imyaka muri iki gihembwe cy’ihinga nta Fumbire…
Soma» -
Gasabo-Jabana:Mu myaka itatu bategereje amazi nka Mesiya
Abatuye mu mudugudu wa Kamatamu mu kagari ka Kamatamu mu murenge wa Jabana ho mu karere ka Gasabo babajwe no…
Soma» -
NYAMASHEKE:ARASABA INZEGO Z’IBANZE KUMUCYEMURIRA IKIBAZO CY’ISAMBU YE YANYAZWE
Nkurunziza Erneste atuye mu kagari ka Higiro mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke avuga ko ababajwe nuko atunze…
Soma» -
Abatwara ibinyabiziga baributswa kwitwararika mu bihe by’imvura
Polisi y’u Rwanda yageneye ubutumwa abatwara ibinyabiziga bubibutsa kwitwararika mu rwego rwo kwirinda impanuka muri ibi bihe bitangiye by’imvura, kuko…
Soma» -
Rubavu:Gitifu wa Rubavu afunzwe na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubavu, Harerimana Emmanuel Blaise, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu bifitanye…
Soma» -
Kigali:Ahazwi nka Kitabi habereye impanuka 6 bahasiga ubuzima
Mu karere ka Nyarugenge , mu murenge wa Kigali, mu kagali ka Ruliriba , mu mudugudu wa Ryamakomari, uyu wa…
Soma» -
Rusizi:Abatwika amakara n’amatanura rwihishwa ba Nyirabayazana ku nkongi zihagaragara
Mu mudugudu wa Bwiza mu kagari ka Gikundamvura mu murenge wa Gikundamvura hahiye ishyamba ry’umuturage n’ishyamba rya Leta riri hafi…
Soma» -
RUBAVU: Yafatanywe udupfunyika turenga 2400 tw’urumogi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Rubavu, yafashe umusore w’imyaka 23 y’amavuko, wari ufite udupfunyika 2490 tw’urumogi,…
Soma» -
Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umuvugizi mushya witwa ACP Boniface Rutikanga.
Mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize hanze rigira riti “ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itangazamakuru n’inozabubanyi, akaba n’Umuvugizi mushya…
Soma»