Amakuru
-
Nyamasheke:Ibihumbi 50 byaguranywe ubutabera bw’umwana wasambanyijwe
Hari umwana w’umukobwa wo mu mudugudu wa Gitaba mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke…
Soma» -
Nyamasheke:Umuforomo aracyekwaho gufata ku ngufu umukozi ukora isuku mu kigo nderabuzima
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umuforomo w’imyaka 39 ukora ku kigo nderabuzima cya Ruheru mu Karere ka Nyamasheke,…
Soma» -
Abarwanyi 3 ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano
Abarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda. Bambutse umupaka…
Soma» -
Virus itera Sida igaragara cyane mu rubyiruko
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza ko mu 2023 hapimwe Abanyarwanda 1.111.600 bipimishije Virusi itera SIDA ku bushake, muri bo…
Soma» -
Kamonyi:Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 362 yabazize Jenoside yakorewe Abatutsi ,bashyingurwa mu Rwibutso rw’aka karere
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Mutarama 2025, mu Karere ka Kamonyi habaye igikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro, imibiri…
Soma» -
Masisi mu maboko ya M23
Umutwe witwaje intwaro wa M23, mu gitondo cyo kuri uyu wa 4 Mutarama 2025, wafashe santere y’ubucuruzi ya Masisi muri…
Soma» -
Uburundi buzakomeza gufunga imipaka uyihuza n’u Rwanda?
Ndikuriyo yabwiye abanyamakuru ko u Rwanda rwafashije abagerageje gukuraho ubutegetsi bwa Nkurunziza, rubaha icumbi kandi ngo ntibyemewe ko umusirikare utorotse…
Soma» -
Kugemurira abarwayi ibiryo bitetse ku Bitaro bigiye gukurwaho
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko irimo gukora inyigo yo guca burundu kugemura ibiribwa bikuwe hanze y’ibitaro bigashyirwa abarwayi kwa muganga,…
Soma» -
Papa yasabye ibihugu bikize gusonera imyenda ibikennye
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yongeye kwamagana intambara ziri kubera hirya no hino ku Isi, anasaba abayobozi…
Soma» -
Nyamasheke:Arahigwa bukware nyuma yo gutera umugabo we icyuma akamukomeretsa
Mugabekazi Eugènie arashakishwa nyuma yo gutera umugabo we icyuma ku kuboko akamukomeretsa bapfa telefone, nyuma y’uko umugabo yaketse ko ahamagawe…
Soma»