Amakuru
-
Umusaruro w’ibigori wariyongereye:-Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda(NISR)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko mu gihembwe cy’ihinga A mu 2024 umusaruro w’ibigori wiyongereyeho 30% ugereranyije n’uwabonetse mu gihe…
Soma» -
Yatabaje Prezida Kagame,RIB iramunyomoza
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatanze umucyo ku kibazo uwiyita Imanirakomeye (Wabimenya Ute?) ku rubuga rwa X yatabarije Perezida wa Repubulika y’u…
Soma» -
Prezida Kagame yageneye ubutumwa ingabo z’igihugu n’inzego z’umutekano muri izi mpera z’umwaka
Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano kubera uruhare bagize mu gukorera igihugu, cyane cyane mu…
Soma» -
Kenya:Hubutse indi myigaragambyo
Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga. Abigaragambya bavuga ko…
Soma» -
Ministiri Nduhungirehe yasabye urubyiruko kwigira ku mateka y’igihugu bakarangwa n’ubworoherane
Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe abicishine ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa “Tuitter”yahamije ko yamenye amakuru y’ubushotoranyi n’imirwano…
Soma» -
Rusizi:Hagaragajwe ibiyobyabwenge nk’inzitizi ku iterambere ry’urubyiruko
Ibi byagarutsweho ku munsi wa gatatu w’itorero inkomezabigwi icyiciro cya 12 aho abatozwa baturutse mu mirenge ya Nyakabuye,Gitambi ,Gikundamvura na…
Soma» -
Muhanga:Impanuka ya coaster yaritwaye abagiye mu bukwe yakoze impanuka
Imodoka itwara abagenzi yavaga mu Karere ka Nyanza yagonze ipoto igeze mu Mujyi wa Muhanga mu Kagari ka Gahogo, Umurenge…
Soma» -
Abanya-Mozambike,abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bafatanyije mu muganda
Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique mu Ntara ya Cabo Delgado bifatanyije n’abaturage b’iki…
Soma» -
Uko RPF yavutse
Kuva Tariki 25-28 Ukuboza 1987, nibwo habaye Kongere ya mbere y’Umuryango FPR Inkotanyi ari nayo yashyizeho amahame y’uyu muryango n’imirongo…
Soma» -
Rusizi:Kurwanya abasebya igihugu n’abakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside ,umukoro ku ku ntore zisoje itorero inkomezabigwi icyiciro cya 12
Hari urubyiruko rusoje itorero ry’igihugu mu Nkomezabigwi icyiciro cya 12 bavuga ko nyuma yo gutozwa indangagaciro zitandukanye bihaye umukoro wo…
Soma»