Amakuru
-
Papa yasabye ibihugu bikize gusonera imyenda ibikennye
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yongeye kwamagana intambara ziri kubera hirya no hino ku Isi, anasaba abayobozi…
Soma» -
Nyamasheke:Arahigwa bukware nyuma yo gutera umugabo we icyuma akamukomeretsa
Mugabekazi Eugènie arashakishwa nyuma yo gutera umugabo we icyuma ku kuboko akamukomeretsa bapfa telefone, nyuma y’uko umugabo yaketse ko ahamagawe…
Soma» -
Gasabo-Jabana:Baracyeza REG yatangiye imirimo yo kubakura mu kizima
Nyuma yuko kivupost ibagejejeho inkuru y’abaturage bo mu mudugudu wa Gikingo mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana bavuga…
Soma» -
Mu Buzima:Uyu mwaka usize u Rwanda rugize ubushobozi bwo gutahura ibyorezo mu masaha 24
Umwaka wa 2024 warangiye u Rwanda rufite ubushobozi bwo gutahura ibyorezo ibyo ari byo byose rwahura nabyo mu masaha atarenze…
Soma» -
Umusaruro w’ibigori wariyongereye:-Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda(NISR)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko mu gihembwe cy’ihinga A mu 2024 umusaruro w’ibigori wiyongereyeho 30% ugereranyije n’uwabonetse mu gihe…
Soma» -
Yatabaje Prezida Kagame,RIB iramunyomoza
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatanze umucyo ku kibazo uwiyita Imanirakomeye (Wabimenya Ute?) ku rubuga rwa X yatabarije Perezida wa Repubulika y’u…
Soma» -
Prezida Kagame yageneye ubutumwa ingabo z’igihugu n’inzego z’umutekano muri izi mpera z’umwaka
Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano kubera uruhare bagize mu gukorera igihugu, cyane cyane mu…
Soma» -
Kenya:Hubutse indi myigaragambyo
Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga. Abigaragambya bavuga ko…
Soma» -
Ministiri Nduhungirehe yasabye urubyiruko kwigira ku mateka y’igihugu bakarangwa n’ubworoherane
Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe abicishine ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa “Tuitter”yahamije ko yamenye amakuru y’ubushotoranyi n’imirwano…
Soma» -
Rusizi:Hagaragajwe ibiyobyabwenge nk’inzitizi ku iterambere ry’urubyiruko
Ibi byagarutsweho ku munsi wa gatatu w’itorero inkomezabigwi icyiciro cya 12 aho abatozwa baturutse mu mirenge ya Nyakabuye,Gitambi ,Gikundamvura na…
Soma»