Kivupost
-
Amakuru
Uganda:Banyarwanda Ntibemeranya ku guhindurirwa izina
Abagize ubwoko bw’Abagande bakomoka mu Rwanda bwitwa ‘Banyarwanda’ ntibumvikana ku guhindura izina bukitwa ‘Abavandimwe’. Ni nyuma y’aho tariki ya 15…
Soma» -
Imikino
Ikipe ya Norwich City yamaze kongera kuzamuka muri Premier League
Uyu munsi tariki ya 17 Mata 2021 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Norwich City yari isanzwe ikina shampiyona y’icyiciro cya…
Soma» -
Mumahanga
Uburusiya bwirukanye abadipolomate 10 ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cy’Uburusiya cyamaze kwirukana abadipolomate ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagera ku icumi, naho abayobozi bakuru bagera ku umunani…
Soma» -
Iyobokamana
Perezida Museveni yatangaje ko badateganya gufungura utubari vuba
Mu gihugu cya Uganda, Perezida Museveni uyobora icyo gihugu yatangaje ko utubari tutazafungura vuba mu gihe byibuze abantu bageze mu…
Soma» -
Amakuru
Ese koko bari mwihangana: Harmonize Agiye gukorana na Awilo Longomba nyuma yuko Diamond akoranye na Koffi Olomide
umuhanzi wikirangirire muri muzika ya tanzaniya ndetse na afurika muri rusanjye Harmonize wamaze gutandukana na wasafi ya Diamond bimaze kugaragara…
Soma» -
Imikino
Ferwafa yandikiye abanyamuryango bayo ibatumira mu nama y’inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa, ryamaze gutanga ubutumire ku banyamuryango bose bagize iri shyirahamwe kugirango bazitabire inama y’inteko…
Soma» -
Imikino
Malaria yatumye Aubameyang atitabira imikino ikipe ya Arsenal iheruka gukina
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon usanzwe akinira ikipe ya Arsenal, yafashwe n’indwara ya Malaria yanatumye atitabira…
Soma» -
Iyobokamana
Ese waruziko amazi afite akamaro kenshi mu gutuma uruhu rwawe rumera neza? Sobanukirwa
Ubusanzwe amazi afite akamaro kenshi k’ubuzima, yaba ku bantu, inyamaswa ndetse n’ibimera kuko burya bakunda kuvuga ko amazi ari ubuzima.…
Soma» -
Amakuru
Polisi yataye muri yombi abantu batandukanye bashinjwa gukwirakwiza urumogi mu baturage
Polisi y’u Rwanda ikomeje gufata abantu batandukanye bijandika mu bikorwa bifite aho bihuriye n’ibiyobyabwenge, ni muri urwo rwego tariki ya…
Soma» -
Imikino
Rtd Gen Sekamana Jean Damascene wari usanzwe ayobora Ferwafa yeguye
Uwari usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Bwana Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène yamaze kwegura kuriyo…
Soma»