Kivupost
-
Amakuru
KIGALI: Hatangijwe ibiganiro bijyanye no gukumira iyinjizwa ry’abana mu gisirikare
Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kamena, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hatangiye ibiganiro byagenewe abapolisi n’abasirikare…
Soma» -
Amakuru
RUBAVU: Yafashwe agerageza gutanga ruswa ngo asubizwe magendu y’imyenda ya caguwa
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) ryafatiye mu Karere ka Rubavu, umugabo w’imyaka 31, wageragezaga gutanga…
Soma» -
Amakuru
Rusizi-Bweyeye :Abatishoboye bahawe amazu yo guturamo
Kuri uyu wa Kane Tariki ya 29 Kamena 2023 mu kagari ka Kiyabo mu murenge wa Bweyeye hatashywe inzu 7…
Soma» -
Amakuru
RUSIZI:Imiryango 24 y’abacitse Ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu w’ 1994 basemberaga bahahawe inzu nziza.
Kuri uyu wa gatatu tariki 28 Kamena 2023 mu mudugudu wa Tuwonane mu kagari ka Gatsiro mu murenge wa Gihundwe…
Soma» -
Amakuru
France:Urupfu rw’umusore rwatumye habaho imyigaragambyo ikaze
Leta y’u Bufaransa yavuze ko igiye kohereza ingabo zirenga ibihumbi 40 mu mujyi wa Paris, guhangana n’imyigaragambyo y’abamagana iyicwa…
Soma» -
Amakuru
Rutsiro:Uruhuri rw’ibibazo bitumye Njyanama y’aka Karere iseswa
Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rigiye hanze kuri uyu mugoroba risheshe inama njyanama y’akarere ka Rutsiro, aka karere…
Soma» -
Amakuru
Kigali:Ni iki kitezwe mu mwiherero w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB)
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Kamena 2023 Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwatangiye umwiherero ngarukamwaka w’iminsi itatu aho abayobozi b’Urwego…
Soma» -
Amakuru
Amajyaruguru:Ubujura muri za SACCO bwafashe intera bihagurukije BNR
Banki Nkuru y’u Rwanda iraburira abatuye Intara y’Amajyaruguru bambuye imirenge SACCO bakaba batarishyura inguzanyo bafashe, ko hari ibihano byabateganyirijwe birimo…
Soma» -
Amakuru
Nyamasheke:Kubura indangamuntu bibakoma mu nkokora ku kubona serivise
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa mu Cyato mu burengerazuba bw’u Rwanda baravuga ko badahabwa serivisi bitewe no…
Soma» -
Amakuru
Rutsiro:Bakomeje guhangana n’abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe bagasaba inzego z’umutekano kubaba hafi
Amakuru aturuka i Rutsiro aravuga ko mu Kagari ka Kanjenje no mu kagari ka Bubyoni mu murenge wa Kivumu…
Soma»