Kivupost
-
Mumahanga
Uyu munsi tariki zirindwi Ukwakira 2019 Rwanda Cycling Cup irasozwa kumugaragaro
kuruyu wagatandatu tariki zirndwi Ukuboza 2019 nibwo Rwanda Cycling Cup iraza gusozwa hakinwa agace kanyuma kibanda mugice cy’iburasirazuba ndetse no…
Soma» -
Iyobokamana
Paris Saint Germain yambaye Visit Rwanda bwambere ku myambaro yabo y’imyitozo
Nyuma y’amasaha atarenze cuminimwe u Rwanda rugiranye amasezerano nikipe y’umupira w’amaguru yo mumugi wa Paris mugihugu cy’Ubufaransa Paris Saint Germain…
Soma» -
Imyidagaduro
Alyn Sano yakoze indirimbo irimo ubutumwa bukora benshi k’umutima ..yumve hano
Umuhanzikazi Alyn Sano umaze kwigarurira imitima y’abatari bake kubera ijwi,imiririmbire ndetse n’ubuhanga bugaragara mu bihangano bye birimo nka For us,rwiyoborere…
Soma» -
Imyidagaduro
Kimwe mu bitaramo udakwiye gucikwa niba uri umunyabirori
Mu Rwanda hamaze kuba igicumbi cy’ibirori ndetse n’ibitaramo kubera impamvu nyinshi zirimo n’umutekano udakemangwa ni muri urwo rwego ishyirahamwe RSJF…
Soma» -
Imyidagaduro
Ese koko abakobwa n’indaya mbaya? Skpado Di shatta yakoze indirimbo ibisobanura
Mu gihe mu Rwanda hari amagambo akunze gukoreshwa mu kugaragaza uburyo abari nyarwanda bataye umuco nka: Slayqueens,indaya mbaya,Rupita n’andi menshi…
Soma» -
Iyobokamana
Kabuhariwe w’umunya Argentine akomeje kwandikisha amateka muri ruhago
Umugabo wumunya Argentine Lionel Andreas Messi akaba amaze guhabwa ighembo cya Ballon d’Or kunshuro ye ya gatandatu ibitarigeze bibaho. Uyu…
Soma» -
Iyobokamana
Breaking News: Musanze FC isinyishije umutoza Adel Abdelrahman Ibrahim asimbura Niyongabo Amars
Ahmed Adel Abdelrahman Ibrahim washyize umukono ku masezerano y’amezi 6 azamara atoza Musanze FC, ategerejweho kuzahura iyi kipe ihagaze ku…
Soma» -
Imyidagaduro
Fresh Gemmy wakoranye indirimbo na Mr Kagame arishimira aho muzika ye igeze ndetse yanahaye ubutumwa abahanzi bagenzi be inama.
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Gisa Emmanuel gusa akoresha Fresh Gemmy nk’amazina y’umuhanzi atuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Fresh…
Soma» -
Iyobokamana
RPL:Rutanga Eric ahesheje Rayon Sport amanota K’umunota wa nyuma Police inanirwa kwikura i Muhanga
Umukino w’abacyeba waberaga i Nyamirambo umukino wari wakiriwe n’a Kiyovu Sport Stade ya Kigali Nyamirambo yari yakubise yuzuye Urwego rw’Umuvunyi…
Soma»
