Ndayisaba Jean de Dieu
-
Amakuru
Rusizi:Baratabariza umwana wavukanye ibitsina bibiri
Umwana witwa Nishimwe Kenti aratabarizwa na Nyirakuru umurera nyuma yuko avukanye ibitsina bibiri(igitsina gabo n’igitsina gore). Nyirakuru w’uyu mwana witwa…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Yambuwe na Imena Coffee washing Station asaga miriyoni 2
Ukwiye Marius ni umuturage utuye mu mudugudu wa Binyaburanga mu kagari ka Gikundamvura mu murenge wa Gikundamvura mu karere ka…
Soma» -
Amakuru
#Ubucamanza:Hari bamwe mu bacamanza birukanywe
Tariki 28 Gashyantare 2025, Inama Nkuru y’Ubucamanza yateranye, iyobowe na Madamu MUKANTAGANZWA Domitilla, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama…
Soma» -
Amakuru
Muhanga:Gitifu afunganye n’umukozi wa RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi witwa Gérmain Nteziyaremye n’umukozi wa RIB witwa Francine Gatesi…
Soma» -
Amakuru
Komiseri Mukuru wa RCS ari mu ruzinduko i Seychelles
Uru ruzinduko rukurikiye urwo Komiseri ushinzwe amagororero muri Seychelles, Janet Gorges, yagiriye mu Rwanda. Izo nzego zashyiye umukono ku masezerano…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Batandatu bakurikiranyweho gucuruza ikiyobyabwenge cy’urumogi
Ku tariki ya 24 Gashyantare 2025 ,ahagana saa mbiri za mu gitondo , ishami rya polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Bubatse amashuri baramburwa
Hari abaturage bo mu murenge wa Butare bavuga ko bubatse amashuri y’uburezi bw’ibanze nayo abana bigiramo y’amashuri abanza ariko bakamburwa…
Soma» -
Amakuru
#Diyosezi ya Cyangugu:Urubyiruko rwa Paruwasi ya Nyakabuye rwibukijwe ko Kristu ariwe byiringiro byarwo
Ibi byagarutsweho kuri iki cyumweru cya 6 tariki ya 16 Gashyantare 2025,icyumweru cyahariwe umuryango mutagatifu cyahujwe n’icyumweru cy’ikenurabushyo ry’urubyiruko muri…
Soma» -
Amakuru
Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku isi yajyanywe mu bitaro
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yajyanywe mu Bitaro bya Agostino Gemelli Polyclinic by’i Roma, aho ari gukurikiranwa…
Soma» -
Amakuru
Muhanga:Abaregwa kwiba ibikoresho bya kompanyi ikora umuhanda Nyange -Muhanga bitabye urukiko
Aba bakurikiranyweho ibi byaha bavuga ko babitewe n’inzara aho bagaburirwaga ibiryo bihuye n’amafaranga magana atatu y’u Rwanda ku ifunguro. …
Soma»