Ndayisaba Jean de Dieu
-
Amakuru
Rusizi:Imaramatsiko ku ifumbire ya Coda ikoreshwa mu gufumbira umuceri
Hari abahinzi batarasobanukirwa ifumbire ya Coda ikoreshwa mu gufumbira umuceri ariko igakoreshwa mu gihe umuceri umaze kuzana amababi,coda ni ifumbire…
Soma» -
Amakuru
Karongi:Bethany Hotel yashyize igorora abayigana
Iminsi mikuri ya Noheli n’Ubunani ni igihe cyiza ku miryango, abakundana, abakora ubukwe cyo kongera gushimisha abawe, Hoteli Bethany iherereye…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Koperative ya KOIMUNYA yungutse miriyoni 10,ibicyesha imodoka yaguze
Bamwe mu banyamuryango ba koperative “KOIMUNYA” y’abahinzi b’umuceri iherereye mu mudugudu wa Cyamura,mu kagari ka Mashyuza mu murenge wa Nyakabuye…
Soma» -
Amakuru
Ingabire Immaculee yatabarutse
Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa…
Soma» -
Amakuru
Gako-Bugesera:Bucura bwa Prezida Kagame mu bagiye kwinjizwa mu ngabo z’u Rwanda[RDF]
Bucura bwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, Brian Kagame ari mu ba Ofisiye bashya barenga 1,000 bagiye kwinjizwa…
Soma» -
Amakuru
RDC:Kabila yahanishijwe igihano cy’ Urupfu no guhita ashakishwa
Urukiko Rukuru rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwahamije ibyaha Joseph Kabila wabaye Perezida w’icyo gihugu, rumuhanisha igihano…
Soma» -
Amakuru
RUSIZI-MUGANZA:Ubumenyi buke bwababereye impamvu y’igwingira ry’abana babo
Hari abaturage bo mu tugari tugize umurenge wa Muganza bavuga ko Ubumenyi bucye mu gutegura indyo yuzuye y’umwana byatumye abana…
Soma» -
Amakuru
Rusizi-Bugarama:Amashirakinyoma ku mwanda uvugwa mu ishuri ribanza rya Mihabura
Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Mihabura Ntihinyurwa Benjamin yabwiye Kivupost ko nta mwanda urangwa mu kigo cy’ishuri abereye umuyobozi ahubwo ko…
Soma» -
Amakuru
Rusizi-Bugarama:Umunyamuryango wa RPF INKOTANYI agomba kuba nkore neza bandebereho:-Mayor Sindayiheba Phanuel
Umuyobozi w’akarere ka Rusizi Sindayiheba Phanuel yabwiye abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu murenge wa Bugarama ko umunyamuryango agomba kuba intangarugero…
Soma» -
Amakuru
Uburasirazuba:Green Party yungutse ibiro bishya ,yizeza gushimangira imiyoborere myiza
Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Dr Frank Habineza yafunguye ku mugaragaro ibiro by’iri shyaka mu Karere ka Rwamagana…
Soma»